dimanche 3 juillet 2016

AMAKARA

 AMAKARA 
Akamaro k’amakara,   y’intusi izwi ku izina rya mayideni, akiza indwara zo mu mara, inzoka, anyunyuza imyanda yo mu maraso, yica imyanda iboneka mu gifu no mu mara ( uburozi), mu       myanya ishinzwe     kwihagarika, mu muhogo n’ururimi n’imyanya ishinzwe ibyara, akiza umunaniro, intege nke intandamyi, rubagimpande, umugongo, intakara, ibisebe   binyenya, ubuheri, ubugora, ibishyute. Imyisko, umwijima, urwungano rw’ihumeka, avura umukondo w’umwana watinze gukira,imisonga yo mu mabere.
Iyo uyisize kandi avura indwara z’uruhu, umubumbe wayo uvura uwariwe    n’inzokan’ibindi n’ibindi.
  UKO AKORESHWA
 Fata ikiyiko cyuzuye ifu yayo uyishyire mu kirahure cy’amazi atetse uyunguruze akayungiro k’icyayi ujye unywa mu gitondo no ku mugoroba, ariko ku mwana uri munsi y’imyaka 10 ahabwa ½ cy’itasi.
Ku ndwara z’uruhu

  • Uyatoba mu mazi umubumbe wayo uwushyire aharwaye.
Ku bisebe

  • fu ivangwa n’amavuta ya elayo ( huile d’olive) ugasigaho 2 ku munsi.

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire